Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Rwanda rugiye gukoresha imbwa mu gupima COVID-19
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Andi makuruMu Rwanda

Rwanda rugiye gukoresha imbwa mu gupima COVID-19

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 24 November 2020 1:45 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Imbwa zari zisanzwe zimenyerewe mu guhunahuna zikamenya ahari ibisasu n’ibiyobyabwenge ariko ubu ku kibuga cy’indege cya Kigali kiri i Kanombe hagiye gushyirwa imbwa zizajya zifasha mu kumenya abantu banduye COVID-19.

Izi mbwa zigishijwe uko zatahura ahari ubwandu bwa COVID-19

Iki gikorwa kizajya gukorwa ku bufatanye bw’Ikigo cy’igihugu cy’ubuzima, RBC, n’ishami rya Polisi ryita ku mbwa zikora akazi ko gushakisha no kumenya ahari ibisasu cyangwa ibiyobyabwenge.

Akazi ka ziriya mbwa kazaba ari ako guhunahuna zikamenya ko hari umuntu cyangwa abantu runaka bagaragaza ibimenyetso bya COVID-19.

Taliki 01, Kanama, 2020 nibwo u Rwanda rwongeye gufungura ikibuga cy’indege cya Kigali nyuma y’igihe cyari kimaze gifunzwe kubera kwirinda ikwirakwira ry’icyorezo cya COVID-19

Ikigo cy’igihugu gishinzwe ubuzima kivuga ko gukoresha ziriya mbwa bihendutse kandi ibisubizo bikaboneka vuba.

Taarifa Rwanda

Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article U Rwanda ni urwa 6 mu bihugu by’Afurika yo munsi ya Sahara bifite abanyeshuri benshi muri USA
Next Article Avril Danica Haines: Umugore wa mbere uyoboye ubutasi bwa USA iyobowe na Biden
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ingabo Z’u Rwanda Zasinyanye N’Iz’Ubushinwa Amasezerano Y’Ubufatanye

Rihanna Agiye Kubona Icyo Yari Yarabuze

Ubukungu Bw’u Rwanda Bwazamutseho 7.8%-MINECOFIN

Uburundi: Umunyarwanda Yafunganywe N’Umu Youtuber

Dushora Mu Gusukura Ikirere Cyacu- Minisitiri Arakwiye

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Ikipe y’Igihugu Y’Ingimbi Ya Volleyball Yitabiriye Igikombe Cya Afurika

Qatar Irashaka Kurega Netanyahu 

Ibya Ariel Wayz Byajemo Gishegesha

Gen Gatama Yoherejwe Kuyobora Inzego Z’u Rwanda Z’Umutekano Muri Mozambique

You Might Also Like

Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbukungu

Imiterere Y’Ubucuruzi Bw’u Rwanda N’Amahanga Muri 2025

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Drone Y’Ingabo Z’u Rwanda Yakoze Impanuka 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Mu Rwanda Hamaze Kubakwa Ibiraro 300 Byo Mu Kirere

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbuzima

Musanze: Bafatanywe Litiro 1000 Z’Inzoga Itemewe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?