Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Sadate Ati: “ Itongo Ry’Iwacu Rinyibutsa Ubunyamaswa Bw’Abantu’
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Kwibuka27

Sadate Ati: “ Itongo Ry’Iwacu Rinyibutsa Ubunyamaswa Bw’Abantu’

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 14 April 2021 9:03 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Munyakazi Sadate wigeze kuyobora Rayon Sports aherutse gusura itongo ry’aho iwabo bahoze batuye. Avuga ko rimwibutsa ko ‘inyamaswa mbi ari umuntu.’ Sadate akomoka ku Mayaga.

Ku rukuta rwe rwa Twitter yanditse ati: “Nkiri muto mu MAYAGA aho mvuka hari hakiri Intare, Ingwe, Inzoka, Impyisi, Imihari ni zindi nyamara. Gusa icyantangaje ni ukuntu izi nyamaswa zatubaniye neza kurusha Abantu muri 1994. Iyo ndebye Itongo ry’iwacu, nkibuka ababyeyi n’abavandimwe ndushaho gusobanukirwa Inyamaswa mbi.”

Agace k’Amayaga aho Sadate Munyakazi akomoka hahoze ari agace kari gatuwe n’Abatutsi benshi.

 Muri  Jenoside yakorewe yakorewe Abatutsi, habereye ubwicanyi bukomeye kandi bwagizwemo uruhare n’Abarundi b’Abahutu bari baravuye iwabo muri 1993 bahungira mu Rwanda.

Munyakazi Sadate akiri umwana. Iwabo ubu habaye itongo

Abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu cyahoze ari Amayaga n’ahitwa Kinazi bavuga ko Abarundi bamwe bishe Abatutsi barabarya!

TAGGED:AmayagafeaturedInyamaswaJenosideMunyakaziSadate
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Gutanga Urukingo Rwa COVID-19 Rwa Johnson & Johnson Byabaye Bihagaritswe
Next Article Adeline Rwigara Yongeye Guhamagazwa Na RIB, Ntiyitaba
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Mu Rwanda Hamaze Kubakwa Ibiraro 300 Byo Mu Kirere

Ingabo Za Israel Zatangije Ibitero Byo Ku Butaka Byo Gusenya Gaza Yose

Musanze: Bafatanywe Litiro 1000 Z’Inzoga Itemewe

Amerika Yatwitse Ubundi Bwato Bwa Venezuela

AFC/M23 Irashaka Gushinga Igisirikare Cy’Umwuga

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

Ikipe y’Igihugu Y’Ingimbi Ya Volleyball Yitabiriye Igikombe Cya Afurika

Qatar Irashaka Kurega Netanyahu 

You Might Also Like

Mu RwandaPolitikiUbukungu

Kagame Yayoboye Inama Y’Abaminisitiri Yibanze Ku Biciro By’Amashanyarazi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Inteko Y’U Rwanda Yikomye Iy’Ubumwe Bw’Uburayi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu mahanga

Ubwumvikane Bwa Amerika N’Ubushinwa Ku Ikoreshwa Rya TikTok

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Mushya Azanye Amatwara Adasanzwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?