Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Urujijo Muri Uganda Nyuma Y’Uko Intare Esheshatu Zisanzwe Zapfuye
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Urujijo Muri Uganda Nyuma Y’Uko Intare Esheshatu Zisanzwe Zapfuye

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 20 March 2021 9:29 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Inzego zishinzwe kurengera ibidukikije muri Uganda zasanze intare esheshatu zapfuye, inzego zirimo polisi zikaba zatangiye kubikoraho iperereza.

Izo ntare zabonetse muri Pariki y’Igihugu yitiriwe Queen Elizabeth zaciwe imitwe n’amajanja.

Icyateye ubwoba ababibonye ni uko iruhande rw’imirambo y’izo ntare bahasanze inkongoro zapfuye, bikekwa ko izo ntare zahawe uburozi, ari nabwo bwishe ibyo bisiga.  

Ikigo gishinzwe kurengera urusobe rw’ibinyabuzima muri Uganda (UWA) cyavuze ko bishobora kuba byakozwe n’abashimuta inyamaswa.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Izo ntare zizwiho ubushobozi budasanzwe bwo kurira ibiti.

Umuyobozi ushinzwe itumanaho muri UWA, Bashir Hangi, yatangaje ko bababajwe n’ubwo bwicanyi, cyane ko ubukerarugendo ari urwego rukomeye mu gihugu, rwinjiza nibura 10% by’umusaruro rusange w’igihugu.

Ati “UWA yamaganye bikomeye iyicwa ry’inyamanswa mu buryo butemewe n’amategeko kuko ritagira ingaruka mbi gusa ku bukerarugendo bwacu nk’igihugu, ahubwo zigera no ku mafaranga akwiye kwinjizwa kandi afasha mu gushyigikira ibikorwa byo kubungabunga ibidukikije n’abakora mu byanya bibungabunzwe.”

Si ubwa mbere habaho ibibazo by’impfu z’inyamaswa muri iyo pariki.

Muri Mata 2018, Intare 11 zirimo ibyana umunani zapfuye mu buryo byaketswe ko zarozwe.

- Advertisement -

Ibintu nk’ibyo nanone byateye impfu z’intare eshanu muri Gicurasi 2010.

TAGGED:featuredUganda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ingabire Grace Yegukanye Ikamba Rya Miss Rwanda 2021
Next Article Miss Rwanda 2021: Abakobwa Batahanye Miliyoni Zisaga 65 Frw
1 Comment
  • Kidamage says:
    21 March 2021 at 3:01 pm

    Ni ba rushimusi nta bandi

    Reply

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Uko I&M Bank Rwanda Yungutse Mu Mezi Atatu Ashize

Martin Ngoga Yabaye Ambasaderi W’u Rwanda Muri UN

Igihangange Manny Pacquiao Agiye Kugaruka Mu Iteramakofe

Abatuye Umujyi Wa Kigali Bari Mu Bibasiwe Na Malaria

Intambara Y’Amagambo Hagati Ya Israel N’Ubwongereza

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nyarugenge: Imodoka Ya WASAC Yibwe

Nyagatare: Haravugwa Kotsa Burushete Z’Imbwa 

BNR Mu Ngamba Zo Kurushaho Guteza Imbere Ikoranabuhanga Mu Kwishyurana

Cardinal Kambanda Yatunguwe No Kumva Ko Kwa Yezu Nyirimpuhwe Hafunzwe

Impuguke Ya UN Irasuzuma Uko Ubukene Buhagaze Mu Banyarwanda

You Might Also Like

Mu mahangaPolitiki

Kabila Yambuwe Ubudahangarwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

RIB Yafunze Abanyamahanga Batatu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutabera

Uwahoze Muri RDF Akurikiranyweho Ibyaha Byo Mu Mabuye y’Agaciro

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

UN N’u Rwanda Mu Bufatanye Bufite Agaciro Ka Miliyari $1

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?