Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: SADC Yiyemeje Gukomeza Gushyigikira DRC Mu Kurwanya M23
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahangaUmutekano

SADC Yiyemeje Gukomeza Gushyigikira DRC Mu Kurwanya M23

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 07 March 2025 2:19 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Abakuru b’ibihugu bigize SADC, binyuze mu nama bakoze mu buryo bw’ikoranabuhanga, biyemeje gukomeza gufasha Repubulika ya Demukarasi ya Congo mu rugamba ihanganyemo na M23.

Samia Suluhu Hassan, Perezida wa Tanzania akaba anayoboye uyu muryango mu bijyanye na Politiki, Ingabo n’umutekano niwe wari uyopboye iyi nama.

Perezida wa Malawi Dr. Lazarus McCarthy Chakwera, Hakainde Hichilema, Perezida wa Zambia, Perezida wa Afurika y’Epfo, Cyril Ramaphosa na Felix Tshisekedi wa Congo bari mubayitabiriye.

Suluhu yavuze ko bazakora ibishoboka byose bagakomeza gufasha DRC mu ntambara iri kurwana na       M23, avuga ko ubufatanye bw’abaturage ba SADC n’aba DRC bukomeye.

Muri iyi nama kandi bihanganishije  Afurika y’Epfo, Congo, Malawi na Tanzania zatakaje abasirikare benshi ku rugamba bahanganyemo na M23.

Intambara M23 iri kurwana na DRC imaze imyaka itatu kuko yatangiye mu mwaka wa 2022.

Kuva yatangira imaze kugwamo abantu benshi, abandi bavanwa mu byabo barahunga.

Haba M23 haba no ku ngabo bahanganye, buri ruhande rwatakaje abasirikare barimo na 14 ba Afurika y’Epfo baherutse kugwa mu mirwano yabereye mu Mujyi wa Goma.

Abasirikare batatu ba Malawi nabo bahasize ubuzima.

 

TAGGED:AbakuruCongofeaturedIbihuguIntambaraM23SADC
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Polisi Yafashe Itsinda Ry’Abantu 21 Ikurikiranyeho Ubujura
Next Article Inama Ya Berlin Yabaye Kirimbuzi Kuri Afurika
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ruhango: Bakurikiranyweho Gutega Abantu Bakabaniga

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga K’Ubufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

Afrobasket: Amakipe Y’U Rwanda Yatashye Amara Masa

Amerika Irashaka Gufasha DRC Guhashya Ruswa

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

You Might Also Like

Mu RwandaPolitiki

Perezida Kagame Yafashe Mu Mugongo Abo Mu Muryango Wa Dr.Kirabo Washyinguwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Mu Mashuri Abanza Abakobwa Batsinze Kurusha Abahungu-NESA

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageUbuzima

Hakozwe Umuti Wa Malaria W’Impinja

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeMu Rwanda

REMA Yatangaje Igihe Cyo Gusuzumisha Ibyuka Byo Mu Binyabiziga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?