Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Sandra Teta Uherutse Gukorerwa Ibya Mfura Mbi N’Umuhanzi Weasel Ari Mu Rwanda
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imyidagaduro

Sandra Teta Uherutse Gukorerwa Ibya Mfura Mbi N’Umuhanzi Weasel Ari Mu Rwanda

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 11 August 2022 12:22 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umunyarwandakazi Teta Sandra wabanaga n’umuhanzi wo muri Uganda ukomeye witwa Weasel Manizo yatashye mu Rwanda nyuma y’ibabaza mubiri yakorewe n’uyu muhanzi bikamaganwa n’abantu benshi.

Amakuru avuga ko uyu mugore yageze mu Rwanda kuri uyu wa Gatatu taliki 10, Kanama, 2022.

Ibyabaye kuri Teta Sandra byatumye abakunzi be baba mu Rwanda cyangwa muri Uganda hamwe n’abo mu muryango we bahaguruka barabyamagana.

Ababyeyi be bari basanzwe baba mu Rwanda bahise bahagaruka bajya kureba uko bacyura umukobwa wabo akaza kondorerwa mu Rwanda.

Bivugwa ko yatashye ari kumwe n’abana babiri yabyaranye na Weasel.

Se wa Teta niwe wagize uruhare runini mu gucyura umukobwa we.

Amafoto yakurikiye ikubitwa rya Sandra Teta niyo yatumye abantu bakanguka batangira kuvuga ko ‘ibintu bikomeye’.

Ntibyatinze hasohorwa andi mafoto yerakana ko uriya mugore yahohoterwaga bikomeye n’uriya muhanzi wahoze mu itsinda rya Good Life akorana na mugenzi we witwaga Radio.

Igitangaje kandi kibabaje ni uko Weasel Manizo yabanaga na Sandra Teta babanaga batarasezeranye mu buryo bwemewe n’amategeko.

Sandra Teta afitanye na Weasel abana babiri
TAGGED:SandraTetaUgandaWeasel
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ibya Rusesabagina Tuzakomeza Kubiganiraho N’u Rwanda- Antony Blinken
Next Article Gatsibo Yasabye APR FC Kuyitiza Djabel na Fiston, Ngo Hari Icyo Ibashakira!!
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ingabo Za Israel Zatangije Ibitero Byo Ku Butaka Byo Gusenya Gaza Yose

Musanze: Bafatanywe Litiro 1000 Z’Inzoga Itemewe

Amerika Yatwitse Ubundi Bwato Bwa Venezuela

AFC/M23 Irashaka Gushinga Igisirikare Cy’Umwuga

Uganda: Batangiye Kwitegura Guhangana Na Ebola

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

Ikipe y’Igihugu Y’Ingimbi Ya Volleyball Yitabiriye Igikombe Cya Afurika

Qatar Irashaka Kurega Netanyahu 

You Might Also Like

IbyamamareImyidagaduroMu Rwanda

Ibya Ariel Wayz Byajemo Gishegesha

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImyidagaduroMu Rwanda

Groupe Kassav Niyo Izasusurutsa Abazita Ingagi Amazina

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imyidagaduro

Ufite Inkomoko Mu Rwanda Agiye Guhatanira Kuba Miss Uganda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUmutekano

Elwelu Mu Bajenerali Barindwi Museveni Yahaye Ikiruhuko Cy’Izabukuru

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?