Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Sandra Teta Uherutse Gukorerwa Ibya Mfura Mbi N’Umuhanzi Weasel Ari Mu Rwanda
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imyidagaduro

Sandra Teta Uherutse Gukorerwa Ibya Mfura Mbi N’Umuhanzi Weasel Ari Mu Rwanda

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 11 August 2022 12:22 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umunyarwandakazi Teta Sandra wabanaga n’umuhanzi wo muri Uganda ukomeye witwa Weasel Manizo yatashye mu Rwanda nyuma y’ibabaza mubiri yakorewe n’uyu muhanzi bikamaganwa n’abantu benshi.

Amakuru avuga ko uyu mugore yageze mu Rwanda kuri uyu wa Gatatu taliki 10, Kanama, 2022.

Ibyabaye kuri Teta Sandra byatumye abakunzi be baba mu Rwanda cyangwa muri Uganda hamwe n’abo mu muryango we bahaguruka barabyamagana.

Ababyeyi be bari basanzwe baba mu Rwanda bahise bahagaruka bajya kureba uko bacyura umukobwa wabo akaza kondorerwa mu Rwanda.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Bivugwa ko yatashye ari kumwe n’abana babiri yabyaranye na Weasel.

Se wa Teta niwe wagize uruhare runini mu gucyura umukobwa we.

Amafoto yakurikiye ikubitwa rya Sandra Teta niyo yatumye abantu bakanguka batangira kuvuga ko ‘ibintu bikomeye’.

Ntibyatinze hasohorwa andi mafoto yerakana ko uriya mugore yahohoterwaga bikomeye n’uriya muhanzi wahoze mu itsinda rya Good Life akorana na mugenzi we witwaga Radio.

Igitangaje kandi kibabaje ni uko Weasel Manizo yabanaga na Sandra Teta babanaga batarasezeranye mu buryo bwemewe n’amategeko.

- Advertisement -
Sandra Teta afitanye na Weasel abana babiri
TAGGED:SandraTetaUgandaWeasel
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ibya Rusesabagina Tuzakomeza Kubiganiraho N’u Rwanda- Antony Blinken
Next Article Gatsibo Yasabye APR FC Kuyitiza Djabel na Fiston, Ngo Hari Icyo Ibashakira!!
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Burundi: Impunzi Zo Muri DRC Zugarijwe N’Indwara Zikomeye

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Meteo Iraburira Abanyarwanda 

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

You Might Also Like

ImyidagaduroMu Rwanda

Urukiko Rukuru Rw’Ubucuruzi Rwanzuye Intsinzi Y’Umuhanzi Gabiro Guitar

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

APR BBC , UGB Na Dolphin BBC Ya Uganda Yabonye Intsinzi Mu Mikino Yo Kwibuka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imyidagaduro

Hoziyana Yashyize Indirimbo ‘Tugumane’ Mu Giswayili

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImyidagaduroMu Rwanda

Nick Ngendahayo Yagarutse Mu Muziki Nyuma Y’Imyaka 15

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?