Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Sandra Teta Uherutse Gukorerwa Ibya Mfura Mbi N’Umuhanzi Weasel Ari Mu Rwanda
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imyidagaduro

Sandra Teta Uherutse Gukorerwa Ibya Mfura Mbi N’Umuhanzi Weasel Ari Mu Rwanda

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 11 August 2022 12:22 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umunyarwandakazi Teta Sandra wabanaga n’umuhanzi wo muri Uganda ukomeye witwa Weasel Manizo yatashye mu Rwanda nyuma y’ibabaza mubiri yakorewe n’uyu muhanzi bikamaganwa n’abantu benshi.

Amakuru avuga ko uyu mugore yageze mu Rwanda kuri uyu wa Gatatu taliki 10, Kanama, 2022.

Ibyabaye kuri Teta Sandra byatumye abakunzi be baba mu Rwanda cyangwa muri Uganda hamwe n’abo mu muryango we bahaguruka barabyamagana.

Ababyeyi be bari basanzwe baba mu Rwanda bahise bahagaruka bajya kureba uko bacyura umukobwa wabo akaza kondorerwa mu Rwanda.

Bivugwa ko yatashye ari kumwe n’abana babiri yabyaranye na Weasel.

Se wa Teta niwe wagize uruhare runini mu gucyura umukobwa we.

Amafoto yakurikiye ikubitwa rya Sandra Teta niyo yatumye abantu bakanguka batangira kuvuga ko ‘ibintu bikomeye’.

Ntibyatinze hasohorwa andi mafoto yerakana ko uriya mugore yahohoterwaga bikomeye n’uriya muhanzi wahoze mu itsinda rya Good Life akorana na mugenzi we witwaga Radio.

Igitangaje kandi kibabaje ni uko Weasel Manizo yabanaga na Sandra Teta babanaga batarasezeranye mu buryo bwemewe n’amategeko.

Sandra Teta afitanye na Weasel abana babiri
TAGGED:SandraTetaUgandaWeasel
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ibya Rusesabagina Tuzakomeza Kubiganiraho N’u Rwanda- Antony Blinken
Next Article Gatsibo Yasabye APR FC Kuyitiza Djabel na Fiston, Ngo Hari Icyo Ibashakira!!
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Rwanda: Amagaraje Atujuje Ibisabwa Azafungwa

Kagame Yaganiriye N’Abayobozi Ba EU K’Ubufatanye Mu Gukora Inkingo

Kagame Yibukije Abanyaburayi Akamaro Ko Gukorana Neza N’Abanyafurika

Gasabo: Arakekwaho Kwangiza Amapiloni Y’Amashanyarazi

Ab’i Rwamagana N’i Kigali Bagiye Kubona Andi Mazi Meza

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Bariga Guhunika Umusaruro Ngo Inzara Izacike

U Rwanda Ruzakira Inama Y’Abaminisitiri B’Ububanyi N’amahanga Mu Bihugu Bivuga Igifaransa

Israel N’U Rwanda Twanze Guheranwa N’Amateka Mabi- Ambasaderi Einat

Musanze: Umusore Na Nyina Bafatanywe Urumogi

Minisitiri W’Intebe Yakiriye Abanyarwanda Bitabiriye UCI

You Might Also Like

IbyamamareImyidagaduroMu Rwanda

Aline Gahongayire Arashaka Kwamamaza Umuziki We Muri Uganda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbyamamareImyidagaduro

Abagendera Muri Rwandair Bazajya Bareberamo ‘Filimi Nyarwanda’

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbyamamareImyidagaduro

Nyuma Y’Imyaka Babana, Sonia Rolland Yakoze Ubukwe Ashagawe N’Abakobwa Be

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Ingabo Z’u Rwanda Zaganiriye N’Iza Uganda 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?