Guhera kuri iki Cyumweru Taliki 11, Ukuboza, 2022 ku Irebero ahitwa Pegase Resort hazajya habera igitaramo gihoraho. Abakitabiriye bazajya basusurutswa n’icyamamare Xinda. Mu bihe bitandukanye azajya...
Umunyarwandakazi Teta Sandra wabanaga n’umuhanzi wo muri Uganda ukomeye witwa Weasel Manizo yatashye mu Rwanda nyuma y’ibabaza mubiri yakorewe n’uyu muhanzi bikamaganwa n’abantu benshi. Amakuru avuga...