Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Sankara Na Bagenzi Be Bari Kugororerwa I Mutobo
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Sankara Na Bagenzi Be Bari Kugororerwa I Mutobo

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 28 March 2023 7:28 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Nsabimana Callixte( niwe Sankara) n’abandi bantu 19 barimo n’abagore baraye bageze i Mutobo ngo bakurwemo ibitekerezo bya kinyeshyamba  bamaze imyaka myinshi bafite. Ni byo byatumye bajya mu mitwe y’inyeshyamba zavugaga ko zishaka gukuraho ubuyobozi bw’u Rwanda ariko barafatwa barafungwa.

Shebuja Paul Rusesabagina we ari kwitegura gusubira iwabo muri Leta zunze ubumwe z’Amerika.

Yaba Nsabimana Callixte uzwi nka Sankara, yaba Paul Rusesabagina ndetse na bariya bantu bandi 18, bose Perezida Kagame aherutse kubababarira ngo batahe ariko bazibukire ibikorwa byabo bya kinyeshyamba.

Yababariye nyuma y’uko banditse bamusaba imbabazi, Rusesabagina we akongeraho ko afite uburwayi bwamuzonze.

Kuwa Gatanu taliki  24 Werurwe 2023 nibwo bahawe imbabazi ku mugaragaro.

Ubwo Sankara na bagenzi be bageraga i Mutobo, Umuyobozi wa Komisiyo yo gusubiza mu buzima busanzwe abavuye ku rugerero, Nyirahabineza Valérie, yatangaje ko basanywe no guhabwa amasomo, mbere yo gusubizwa mu buzima busanzwe .

Kuba barahoze mu nyeshyamba za MRCD-FLN kandi bakazimaramo igihe ngo byatumye hari byinshi babeshywa ku mateka y’Abanyarwanda n’imitegekere y’u Rwanda muri iki gihe.

Akenshi abagiye gutorezwa i Mutobo bahamara igihe kiri hagati y’amezi atatu n’amezi atandatu.

TAGGED:AbarwanyifeaturedMutoboRusesabaginaSankara
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Yishe Abana Biga Aho Yize
Next Article Twitter Iri Mu Marembera
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Undi Muyobozi Muri WASAC Yafunzwe

Gen Nkubito Yabwiye Abo Mu Burengerazuba Ko FDLR Idakwiye Kubahahamura

Abakoresha Amadovize Bishyurana Bitemewe Bagiye Gucika-BNR

Uburusiya Bwasutse Undi Muriro Kuri Ukraine

Iterambere Ryose Ribanzirizwa N’Umutekano-Nduhungirehe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga Ku Bufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

You Might Also Like

Mu RwandaUbutaberaUmutekano

Ruhango: Bakurikiranyweho Gutega Abantu Bakabaniga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbucuruzi MpuzamahangaUbukungu

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Afrobasket: Amakipe Y’U Rwanda Yatashye Amara Masa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Perezida Kagame Yafashe Mu Mugongo Abo Mu Muryango Wa Dr.Kirabo Washyinguwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?