Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Sarkozy Arasubira Mu Rukiko
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ubutabera

Sarkozy Arasubira Mu Rukiko

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 17 March 2021 6:35 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Nyuma yo guhamwa n’ibyaha bya ruswa agakatirwa imyaka itatu y’igifungo irimo ibiri isubitse, Bwana Nicolas Sarkozy aritaba Urukiko ku kirego cy’uko yahuguje amafaranga uwahoze ayobora Libya amadolari menshi kugira ngo abone ayo ashora mu matora y’Umukuru w’Igihugu yo mu mwaka wa 2021.

Tariki 01, Werurwe, 2021 nibwo Urukiko rwahamije Sarkozy icyaha cyo gukoresha nabi ububasha yari afite nk’Umukuru w’igihugu no guhabwa ruswa.

Iyi ruswa yayihawe n’umugore wari umucuruzi ukomeye mu Bufaransa witwa Liliane Betterncourt washakaga ko Sarkozy natsinda azamwongerera amahirwe mu bucuruzi bwe ubwo yari kuba atsinze amatora y’Umukuru w’Igihugu muri Manda ya Mbere yatangiye muri 2007.

Ku byerekeye uburiganya yakoreye Mohamar Khaddaffi, ubushinjacyaha buvuga ko yamuriganyije amafaranga agera kuri miliyoni $24 ubwo yiteguraga kwiyamamariza manda ya kabiri muri 2012.

Ariya mafaranga amaze kuyabona yahisemo kuyaryohamo mu minsi ya nyuma y’uko arangiza manda ye ndetse no mu minsi ya nyuma yo kwiyamamaza kwe ubwo yari ahanganye na Bwana François Hollande waje kumutsinda.

Urubanza kuri iki kintu ruratangira kuri uyu wa Gatatu tariki 17, Werurwe ruzarangire tariki 14, Mata, 2021.

AFP ivuga ko nahamwa n’icyaha azafungwa umwaka umwe, atanga n’amande y’ibihumbi 3,750  by’ama euro.

Ibyo aregwa byose arabihakana.

Ashinjwa kuriganya Khaddaffi
TAGGED:featuredKhaddaffiSarkozyUrubanzaUrukiko
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article LeBron James Yaguze Imigabane Muri Liverpool
Next Article Inyeshyamba Zagabye Igitero Muri Uganda
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Rwanda: 34% By’Abacukura Amabuye Y’Agaciro Nibo Bateganyirizwa N’Abakoresha

Abatahutse Bava DRC Batangajwe N’Uko Basanze U Rwanda Rusa

Burundi: Umushinjacyaha Aravugwaho Kwiba Amafaranga Ya Leta Akayajyana Tanzania

Nyanza: Nyiri Akabari Akurikiranyweho Guta Umukecuru Mu Bwiherero

Nyuma Yo Kwica Abantu 114 Muri Philippines Inkubi Ikomereje Muri Vietnam

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Tanzania: Ishyaka CHADEMA Ryagize Icyo Rivuga Ku Byavuye Mu Matora

DRC: Yarashe Afande We Amuziza Kumurira Amafaranga

Afurika Yunze Ubumwe Yashimiye Samia Ku Ntsinzi Ye

Suluhu Yatangajwe Ko Yatsinze Amatora Y’Umukuru W’Igihugu

Twifuza Ko Kagame Yatubera Umuhuza-Ambasaderi Wa Sudani

You Might Also Like

Mu mahanga

DRC: Uburayi Burasaba Abo Mu Burasirazuba Koroshya Ngo Ubutabazi Bugere Ku Mbabare

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ibidukikije

Rutsiro: Imbwa Z’Ibihomora Zugarije Pariki Ya Gishwati-Mukura N’Abayituriye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

Ubwoba Ku Bitero By’Ikoranabuhanga Ku Bakiliya Bwatumye MTN Ihanga Agashya

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imikino

Minisitiri Mukazayire Yahaye Abadepite Isezerano Abantu Bakwiye ‘Guhanga Amaso’

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?