Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Sergent Robert Kabera Yafashwe, Bivugwa Ko Hari Inyandiko Yafatanywe
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Sergent Robert Kabera Yafashwe, Bivugwa Ko Hari Inyandiko Yafatanywe

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 16 May 2022 3:55 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umunyarwanda Sergeant Major Kabera Robert  mu minsi ishize wavuzweho gusambanya umwana yibyariye nyuma agahungira muri Uganda, hari amakuru avuga ko yatawe muri yombi.

Kimwe mu binyamakuru byo muri Uganda kitwa ChimpReports cyatangaje ko uyu mugabo yafatiwe mu nkengero za Kampala.

Iki kinyamakuru kivuga ko uriya mugabo yafashwe kandi ko inzego z’umutekano muri Uganda zasatse aho yabaga zihakeka intwaro.

ChimpReports yandika ko abamusatse bakanamufata bamukekaho kwinjiza intwaro muri Uganda mu buryo budakurikije amategeko ariko ngo ntazo bahasanze.

Ngo yafatiwe mu nkengero za Kampala

Bivugwa ko yafashwe n’itsinda ry’abashinzwe umutekano muri kiriya gihugu, akaba yafatiwe ahitwa Masanafu hafi ya Kampala kandi ngo hari inyandiko bitaratazwa ibyarimo basanze kwa Senior Sergeant Robert Kabera.

ChimpReports ivuga ko kuba uriya musirikare yafashwe bishobora kuba intandaro y’uko yazanwa mu Rwanda akagezwa mu butabera.

TAGGED:featuredKaberaRwandaUganda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Kenya ‘Ishobora’ Kuzayoborwa Visi Perezida W’Umugore
Next Article Urukiko Rwanzuye Ko Uwateguraga Irushanwa Rya Miss Rwanda Akomeza Gufungwa
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abakoresha Amadovize Bishyurana Bitemewe Bagiye Gucika-BNR

Uburusiya Bwasutse Undi Muriro Kuri Ukraine

Iterambere Ryose Ribanzirizwa N’Umutekano-Nduhungirehe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Rubavu: Abafite Ubumuga Basaba M23 Kubakomorera Ku Bicuruzwa Byose Bijya i Goma

You Might Also Like

Mu RwandaUbutaberaUmutekano

Ruhango: Bakurikiranyweho Gutega Abantu Bakabaniga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga Ku Bufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbucuruzi MpuzamahangaUbukungu

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Afrobasket: Amakipe Y’U Rwanda Yatashye Amara Masa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?