Connect with us

Mu Rwanda

Urukiko Rwanzuye Ko Uwateguraga Irushanwa Rya Miss Rwanda Akomeza Gufungwa

Published

on

Ishimwe Dieudonee( Ifoto: The New Times)
Isangize abandi

Inteko iburanisha urubanza Ubushinjacyaha buregamo uwitwa Ishimwe Dieudonné yanzuye ko akomeza gufungwa iminsi 30 mu gihe iperereza ku byaha akekwaho rigikomeje.

Uyu musore akurikiranyweho ibyaha by’ihohoterwa rishingiye ku gitsina.

Akurikiranywe ibyaha bishingiye ku ihohotera rishingiye ku gitsina byakorewe abakobwa bitabiriye irushanwa rya Miss Rwanda  mu bihe bitandukanye.

Nyuma y’ifungwa rye, haje gukurikiraho gufunga undi mukobwa wigeze kwambara ikamba rya Nyampinga w’u Rwanda witwa Iradukunda Elsa wari ukurikiranyweho impapuro mpimbano.

Umwe Mu Babaye Miss Rwanda Arafunzwe

Author

Copyright © 2020-2023 - Kinyarwanda Version