Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Si Shyashya Hagati Ya Mico The Best N’Inzu Imufasha Mu Muziki
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imyidagaduro

Si Shyashya Hagati Ya Mico The Best N’Inzu Imufasha Mu Muziki

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 30 January 2023 10:32 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umuhanzi Mico The Best aravugwaho kwanga gusinya amasezerano mashya n’inzu ifasha abahanzi yitwa KIKAC Music. We asubiza ko akibitekerezaho.

KIKAC Music iri mu zikomeye  mu Rwanda muri iki gihe.

Yanyuzemo n’abandi bahanzi nka  Gihozo Pacifique na Danny Vumbi.

Kuri ubu Bwiza Emerance ni we umaze iminsi akora cyane anagaragara mu bitaramo.

Hari abavuga ko Mico The Best ‘yicajwe ku gatebe.’

Mico The Best yabwiye UMUSEKE ko abavuga ko amasezerano ye na KIKAC Music yarangiye, babeshya kubera ko agifite igihe gito.

Yirinze kuvuga byinshi ku by’uko Bwiza ari we utoneshwa, avuga ko ‘wasanga’ ari byo yasinyiye.

Bwiza Emerance

Mico yabwiye itangazamakuru ko ibyo gusinya cyangwa kudasinya andi masezerano ari ingingo agitekerezaho.

Hagati aho hari amakuru avuga ko hari indirimbo eshatu za Mico The Best zikiri muri Studio zitarasohoka, bigakekwa ko ari yo  mpamvu yamurakaje akaba ataremera gusinya andi masezerano na KIKAC Music.

TAGGED:KIKACMicoRwandaUmuziki
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Kicukiro: Yari Yarashinze Iwe Uruganda Rwa Kanyanga
Next Article DRC Ni Isoko Ry’u Rwanda Muri Byinshi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

I Yeruzalemu Hagabwe Igitero Kica Batandatu Barimo Umugore Utwite

RIB Ibakurikiranyeho Gukoresha Telefoni Bagatekera Abandi Umutwe

Nyamasheke: Yahitanywe N’Ikiraro Cyamuvunikiyeho Avuye Kunywa

Rwanda: Bidatinze Drones Zizageza Ibicuruzwa Mu Ngo

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Ashobora Kweguzwa

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ubushinwa Bweretse Isi Ko Ku Ntwaro Bwihagazeho

Miliyari Frw 135 Zishyirwa Mu Kugaburirira Abana Ku Ishuri Buri Mwaka-Min. Bagabe

Icyo Abazasiganwa Mu Irushanwa Ry’Isi Ry’Amagare Bavuga Ku Mihanda Y’u Rwanda

Abawazalendo Bigaragambije Ku Cyemezo Cya Leta

Trump Yategetse Hamas Guhita Irekura Abanya Israel Bose Yashimuse

You Might Also Like

ImyidagaduroMu Rwanda

Groupe Kassav Niyo Izasusurutsa Abazita Ingagi Amazina

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutaberaUmutekano

Abanyakigali Bakomeje Kugemurirwa Urumogi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

U Rwanda Rwatumye Abaturage Bacu Bongera Gutekana-Min W’Ingabo Za Mozambique

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Abayobozi Bakuru Mu Ngabo Za Mozambique Bari Mu Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?