Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Sudani: Abarusiya Baravugwaho Ubucuruzi Butemewe Bwa Zahabu
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Sudani: Abarusiya Baravugwaho Ubucuruzi Butemewe Bwa Zahabu

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 27 February 2023 10:51 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Hagati ya Khartoum na Moscow haravugwa urunturuntu nyuma y’uko hari Abarusiya bagera 30  bakurikiranyweho ubucukuzi n’ubucuruzi bw’amabuye y’agaciro budakurikije amategeko.

Umwe yamaze kubazwa n’ubugenzacyaha abandi nabo bamaze kwegeranywa kugira ngo  bagire ibyo basubiza muri iyo case y’ubujura bwa ririya buye ry’agaciro Sudani ikungahayeho.

Bamwe muri bo bafashwe mbere ndetse na nyuma y’uruzinduko Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Burusiya Sergei Lavrov aherutse gukorera i Karthoum.

The Bloomberg yanditse ko kuba Sudani yarafashe bariya bantu biri no mu rwego rwo gucubya uburakari bw’Abanyaburayi n’Abanyamerika bavuga ko kuba ikorana n’u Burusiya cyane atari ibyo kwihanganira.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Umwe mu bakozi bo mu kigo gicukura amabuye y’agaciro kivugwamo buriya bujura witwa Riad Alfatih avuga ko hari abandi Barusiya bavugwa muri kiriya kibazo.

Ku rundi ruhande ariko hari abarekuwe, bakazajya bitaba ubushinjacyaha.

Kugeza ubu ariko, ntacyo Leta y’u Burusiya yari yatangaza kuri iki kibazo.

TAGGED:AgaciroAmabuyeBurusiyaSudaniZahabu
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Umubare W’Abanyarwanda Wamenyekanye, Abagore Nibo BENSHI
Next Article ‘Tuzacunaguzwa N’Abaducumbagiza Kugeza Ryari?’ Perezida Kagame Abaza Abanyarwanda
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Aba Cardinals Batora Papa Bamaze Gushyira Ibintu Ku Murongo…

You Might Also Like

Mu mahanga

Burundi: Impunzi Zo Muri DRC Zugarijwe N’Indwara Zikomeye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

Ubuhinde Na Pakistan Byambariye Intambara

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?