Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Sudani: Abarusiya Baravugwaho Ubucuruzi Butemewe Bwa Zahabu
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Sudani: Abarusiya Baravugwaho Ubucuruzi Butemewe Bwa Zahabu

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 27 February 2023 10:51 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Hagati ya Khartoum na Moscow haravugwa urunturuntu nyuma y’uko hari Abarusiya bagera 30  bakurikiranyweho ubucukuzi n’ubucuruzi bw’amabuye y’agaciro budakurikije amategeko.

Umwe yamaze kubazwa n’ubugenzacyaha abandi nabo bamaze kwegeranywa kugira ngo  bagire ibyo basubiza muri iyo case y’ubujura bwa ririya buye ry’agaciro Sudani ikungahayeho.

Bamwe muri bo bafashwe mbere ndetse na nyuma y’uruzinduko Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Burusiya Sergei Lavrov aherutse gukorera i Karthoum.

The Bloomberg yanditse ko kuba Sudani yarafashe bariya bantu biri no mu rwego rwo gucubya uburakari bw’Abanyaburayi n’Abanyamerika bavuga ko kuba ikorana n’u Burusiya cyane atari ibyo kwihanganira.

Umwe mu bakozi bo mu kigo gicukura amabuye y’agaciro kivugwamo buriya bujura witwa Riad Alfatih avuga ko hari abandi Barusiya bavugwa muri kiriya kibazo.

Ku rundi ruhande ariko hari abarekuwe, bakazajya bitaba ubushinjacyaha.

Kugeza ubu ariko, ntacyo Leta y’u Burusiya yari yatangaza kuri iki kibazo.

TAGGED:AgaciroAmabuyeBurusiyaSudaniZahabu
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Umubare W’Abanyarwanda Wamenyekanye, Abagore Nibo BENSHI
Next Article ‘Tuzacunaguzwa N’Abaducumbagiza Kugeza Ryari?’ Perezida Kagame Abaza Abanyarwanda
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Rwanda: Abana Bafite Ubumuga Baracyahishwa Mu Ngo

UN Yemeza Ko Nta Nzara ‘Ikomeye’ Ikiri Muri Gaza

Umunya Iraq Wahoze Ari Impunzi Yatorewe Kuyobora UNHCR

Rusizi: Hafatiwe Uvugwaho Gusiga Yishe Sewabo Wagaba i Rulindo

Abavoka Basaba Ruswa Batokoza Ubutabera- Mukantaganzwa

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

M23 Yemeye Kuva Muri Uvira Ariko Igira Ibyo Isaba…

MINAGRI Yemeje Urwego Rwemerewe Kwita Ku Mbuto

Guinée-Bissau: Inshuti Y’Uwahoze Ari Perezida Yafatiwe Mu Ndege Afite Ivarisi Yuzuye Amafaranga

Ruhango: Bakurikiranyweho Kwica Urubozo Uwo Bafitanye Isano

Tshisekedi Arashaka Ubufasha Bwa Gisirikare Bwa Angola

You Might Also Like

Mu mahanga

Amerika Yagabye Igitero Muri Syria

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Burundi: Impunzi Zo Muri DRC Ntizemerewe Gucumbikirwa Mu Miryango 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Abanyaburayi Batinye Gukora Ku Mafaranga Y’Uburusiya Ngo Bayahe Ukraine

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Ubufaransa: Muganga Yahamijwe Icyaha Cyo Kuroga Abarwayi Bagapfa 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?