Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Sudani Y’Epfo Yatangaje Igihe Cy’Amatora Y’Umukuru W’Igihugu
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Sudani Y’Epfo Yatangaje Igihe Cy’Amatora Y’Umukuru W’Igihugu

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 10 April 2024 3:34 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Komisiyo y’amatora muri Sudani y’Epfo yatangaje ko mu Ukuboza, 2024 ari bwo hazaba amatora y’Umukuru w’igihugu. Niyo azaba abaye bwa mbere kuva iki gihugu gitangiye kwigenga mu mwaka wa 2011.

Byari biteganyijwe ko ayo matora azaba muri Gashyantare, 2023 ariko Guverinoma yemeranya n’abatavuga rumwe nayo ko yakwigizwa imbere akazaba mu mezi yigiye imbere.

Abednego Akok Kacuol uyobora Komisiyo y’Amatora yabwiye abanyamakuru ko ubu mu gihugu hose hoherejwe abaseseri( ni abakozi ba Komisiyo y’amatora) ngo batangire ubukangurambaga mu baturage bwo kuzayitabira kandi ibinyabiziga bizabafasha byamaze kuboneka.

Perezida wa Komisiyo y’Amatora yavize ko n’amafaranga yo gutegura aya matora yamaze gukusanywa, ubu hakaba nta kibazo cy’amikoro gihari.

Akok uyobora iyi Komisiyo avuga ko ku ikubitiro hazabanza kugezwa impapuro z’itora mu biro byaryo biri mu Murwa mukuru, Juba, nyuma bikazakomereza muzi Ntara 10 zigize Sudani y’Epfo.

Sudani y’Epfo nikora amatora akagenda neza izaba yubatse amateka. Ni amateka kubera ko kuva ibonye ubwigenge mu mwaka wa 2011 yahise ijya mu ntambara imaze kugwamo abantu barenga 400,000 nk’uko imibare y’Umuryango w’Abibumbye ibyemeza.

Ni intambara yadutse kubera ubwumvikane buke hagati ya Riek Machar na Salva Kirr bombi bafatanyije kuyobora intambara yari igamije ubwigenge kuri Sudani yahoze iyoborwa na Omar al Bashir ubu ufunzwe.

TAGGED:AmatoraKirrMacharSalvaSudani
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Uko Imvura Mu Gice Cya Kabiri Cya Mata Iteganyijwe
Next Article Ikoranabuhanga Mu Gutubura Umusaruro Rigiye Guhabwa Imbaraga Mu Buhinzi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kuki Ibibazo By’Ubufaransa Bizajegeza Uburayi Bwose

Gaza: Hamas Yasabye Abarwanyi 7,000 Gusubira Aho Ingabo Za Israel Zavuye

Mfite Impungenge Ko Ibyo Kwaka FDLR Intwaro Bizaba Amasigarakicaro- Dr Buchanan

Ingabo Za Amerika Zamaze Kugera Muri Israel

Makuza Ayoboye Indorerezi Za Afurika Yunze Ubumwe Mu Matora Yo Muri Cameroun

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Bariga Guhunika Umusaruro Ngo Inzara Izacike

U Rwanda Ruzakira Inama Y’Abaminisitiri B’Ububanyi N’amahanga Mu Bihugu Bivuga Igifaransa

Israel N’U Rwanda Twanze Guheranwa N’Amateka Mabi- Ambasaderi Einat

Musanze: Umusore Na Nyina Bafatanywe Urumogi

Hamas Yasabye Israel Kuyiha Umurambo Wa Yahya Sinwar

You Might Also Like

Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

DRC: Leta Yategetse FDLR Kwishyira Mu Maboko Y’Ingabo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Israel Na Hamas Basinye Icyiciro Kibanza Cy’Amasezerano Y’Amahoro Ya Trump

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu mahanga

Imikino Ya NBA Igiye Gusubukurwa Mu Bushinwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Macron Mu Ihurizo Ryo Kubona Minisitiri W’Intebe Uhamye 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?