Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Sugira Ernest Yatangiye Kubona Abiyita Benewabo
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imyidagaduro

Sugira Ernest Yatangiye Kubona Abiyita Benewabo

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 27 January 2021 10:04 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Sugira yabonye mwenewabo atari asanganywe
SHARE

Ernest Sugira waraye utsinze igitego cyatumye u Rwanda rubyina intsinzi ubu yabaye icyogere hose k’uburyo  hari n’abatangiye kuvuga ko bafitanye isano nawe kandi batarigeze babivuga mbere. Muri bo harimo Miss Jolly Mutesi wabaye Nyampinga w’u Rwanda muri 2016.

Kuri Instagram Miss Mutesi Jolly yanditse ati:  “Nyogukuru yambwiye ko Nyirakuru we yari umuvandimwe wa Nyirakuruza wa Sugira Ernest, ibyo bisobanuye ko njye na Sugira dufite icyo dupfana, mushobora kudushimira ubutumwa bwanyu nzabugeza ku muryango umunsi tuzamubona.”

N’ubwo iri sano Miss Jolly Mutesi avuga ko afitanye na Sugira ari irya kure ndetse kure cyane, icyo umuntu yakwibaza ni ukumenya icyatumye abitangaza nyuma y’iriya ntsinzi.

Miss Mutesi yongeyeho ko azagabira inka Sugira Ernest.

Mutesi kandi yanditse ko ‘muri iki gihe’, yiyumvamo Sugira.

Abamukurikirana kuri Instagram havuyemo umwe amugira inama y’uko ahubwo yazemerera Sugira akamutera inda.

Uwitwa Olivier wa Ntwali yunze mo ati:“Ahubwo se wamwihaye ko twazagutwerera twese.”

Si Mutesi Jolly gusa kuko n’umuhanzikazi Izere Noella akaba n’umuvandimwe wa Liza Kamikazi yisabiye Sugira Ernest ko yazamutera inda.

Niwe mukinnyi waraye ucunguye Amavubi
TAGGED:AmavubifeaturedKamikaziMutesiSugira
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article RWNDA 3-2 TOGO Extended goals HIGHLIGHTS Total CHAN 2020
Next Article Uwari Ushinzwe Ibiro Bya Louise Mushikiwabo Yeguye
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Inteko Y’U Rwanda Yikomye Iy’Ubumwe Bw’Uburayi

Ubwumvikane Bwa Amerika N’Ubushinwa Ku Ikoreshwa Rya TikTok

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Mushya Azanye Amatwara Adasanzwe

Inteko Iratangaza Icyemezo Ku Byo Iy’Uburayi Iherutse Kuvuga Ku Rwanda

Muntoye Nagarurira Kenya Icyubahiro Yahoranye Kubwa Kibaki- Gachagua

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

Harateganywa Visit Rwanda Muri Brazil

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

You Might Also Like

Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Umuco Nyarwanda Wamurikiwe Muri Koreya Y’Epfo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Umuturage Wa Israel Akurikiranyweho Kunekera Iran

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Ikipe y’u Rwanda Ya Volley Yatangiye Igikombe Cya Afurika Itsindwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Marco Rubio Yagiye Muri Israel Gucyaha Netanyahu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?