Umuyobozi mu bitaro bya Faysal ushinzwe abakozi witwa Dr Augustin Sendegeya yavuze ko imibare ibereka ko abagana ibi bitaro baje kwivuza impyiko kandi bigaragara ko zangiritse...
Abanyeshuri biga muri Lycée de Kigali (LDK) babwiwe uko inkongi itangira, uko bayizimya ndetse n’uko umuntu yayirinda hakiri kare. Ni amasomo y’igihe yatanzwe n’Ishami rya Polisi...
Mu masaha y’umugoroba Ku Cyumweru taliki 23, Mutarama, 2022 hasohotse itangazo ryasinyweho n’ubuyobozi bw’Ihuriro nyarwanda ry’abaganga bigenga rivuga ko abarwayi bari basanganywe ubushingizi bafatiye mu bigo...
Ni ubwa mbere mu mateka y’ubuganga umurwayi ahawe umutima w’ingurube wahinduwe uturemangingo kugira ngo uhuzwe n’utw’umuntu. Ni umugabo wo muri Leta zunze ubumwe z’Amerika witwa David...
Abaganga bakorera mu Ntara ya Darfur baratabaza kubera ko imirambo y’abantu imaze kuba myinshi ndetse n’abakomerekera mu bwicanyi buri kuhabera bakaba barenze ubushobozi abaganga bafite bwo...