Mu birori bya The Choice Awards 2020 Bruce Melodie yegukanye igihembo cy’umuhanzi wahize abandi mu Rwanda, Meddy ahabwa icy’umuririmbyi w’umwaka mu Banyarwanda bakorera umuziki hanze y’igihugu. Kubera...
Muri iki gihe agaragaraho ubwitonzi kandi yashinze studio itunganya umuziki yise Quit Money, ibi byose akabikesha ko yafunzwe bikamugorora. Kuri we gufungwa byamufashije kugororoka, ubu akaba...
Umuziki mu Rwanda ugitangira byari bigoye ko hari uwatekereza ko uzatunga umuhanzi. Byatumye hari abahanzi bahitamo guha umwanya wabo amashuri, kuko nta kizere cy’uko umuziki wazabatunga...