Urutonde ‘Top Chart Africa’ rugaragaza uko indirimbo z’abahanzi bo muri Nigeria zagiye zumvwa kurusha izindi. Burna Boy niwe uza imbere ya bagenzi. Uwavuga ko ari nawe...
Arnold Mazimpaka uzwi ku izina rya Sintex afunganywe n’abandi bantu batatu barimo umukinnyi wa Gorilla FC witwa Mukunzi Vivens bazira gukoresha ibiyobyabwenge. Undi ufunzwe ni umuhanzi...
Ama G The Black ( amazina ye ni Hakizimana Amani) yavuze ko abahanzi nyarwanda bo muri iki gihe baririmba ‘ibintu bitumvikana.’ Avuga ko biterwa no ‘kudabagira.’...
Urutonde rwakozwe n’ikinyamakuru kitwa Rolling Stone cyo muri Amerika cyerekana ko mu bahanzi ba 200 b’ibihe byose, uwa mbere ari Umwirabura kazi witwa Aretha Flanklin. Umwe...
Ibitaramo abahanzi b’Abanyarwanda bamaze iminsi bakorera mu Burundi byatumye hari hamwe mu bahanzi bo muri kiriya gihugu batangira kubyinubira. Bavuga ko umuziki w’u Rwanda watwaye Abarundi...