Abagore bo mu Murenge wa Rusenge, Akarere ka Nyaruguru babwiye abakozi b’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha ko abagabo babo babakangisha ko bazabica. Hagati aho RIB ivuga ko abana...
Guhera mu mwaka wa 2019 kugeza ubu, ibiribwa byeraga mu Karere ka IGAD kiganjemo ibihugu bita ko ari ibyo mu Ihembe ry’Afurika, byaragabanutse k’uburyo abantu bashonje...
Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha rwafunguye icyumba abana bafitanye ikibazo n’ubutabera bazajya babarizwamo bisanzuye. Abagenzacyaha babihuguriwe bazajya babaza abana mu buryo bwa gihanga kugira ngo bavuge ikibarimo bisanzuye....
Ubwonko bw’umwana ni nk’ipamba ushyira mu muti ikawunywa. Mu buryo bw’ikigereranyo, ubwonko twagereranyije n’ipamba kuko iyo ubwegereje ibitabo bukogota inyuguti n’ubumenyi zihishemo bukazigumana kugeza ashaje. Ntabwo...
Ubwo bari baragiye bakaza kubura zimwe mu nyana, abana batatu bagiye kuzishaka bahura n’intare z’ingore zirabica. Byabereye muri Tanzania muri pariki ya Ngorongoro nk’uko byatangajwe n’abashinzwe...