Kuba u Rwanda rutuwe n’abaturage bakuriye ahantu no mu mico bitandukanye biri mu mpamvu nkuru zatumye ubushakashatsi bw’ikigo y’ibarurishamibare busanga 54% by’Abanyarwanda bose bafite cyangwa barengeje...
Ikigo cy’igihugu gishinzwe iterambere, RDB, kirashaka ko hatorwa itegeko rigiha ubuzima gatozi, kikareka kuba ikigo kigenwa na Minisiteri y’Intebe. Ibi bizagiha ububasha bwo gutoranya no gushyiraho...
Abanyarwanda cyane cyane abo mu Ntara y’Amajyaruguru, bakunda agahiye. N’ubwo inzoga zemewe, ariko abaganga basaba abantu ‘kunywa mu rugero’. Abantu bakunda inzoga bavuga ko kunywa mu...
Madamu Jeannette Kagame yabwiye urubyiruko rwahuriye mu Karere ka Gisagara mu Ihuriro bise ‘Ihuriro Ry’Urubyiruko, Igihango cy’Urungano’ ko kugera ku byiza birambye, umuntu abiharanira, ko bitagerwaho...
Mugwaneza Pacifique ni umuyobozi w’agateganyo w’ikigo cy’igihugu gishinzwe Koperative mu Rwanda. Mu kiganiro kihariye aherutse guha Taarifa, yavuze ko hagikenewe ko ibyiciro bitandukanye by’Abanyarwanda bikangurirwa kugana...