Mu mugoroba wo kuri uyu wa Gatanu taliki 12, Gicurasi, 2023 muri imwe mu nzu ndende ziri Nyabugogo abantu 12 bahanutse ubwo basuhuza Perezida Kagame wari...
Mu kiganiro yagiranye n’abaturage bo muri Rubavu bari baje kumwakira, Perezida Kagame yababwiye ko Guverinoma y’u Rwanda izakora uko ishoboye kose ikongera kububakira imibereho bahoranye mbere...
Mu Cyumweru kimwe, abantu 600,000 bahunze Sudani kubera intambara ihamaze hafi ukwezi. Ni umubare munini kubera ko mbere yawo, abantu 100, 000 bonyine nibo bari baramaze...
Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda Commissioner of Police( CP) John Bosco Kabera avuga ko abaturage bagomba kumva no kumvira inama bahabwa n’abayobozi babo kuko ari bo...
Ibiribwa, ibyo kuryamira, amavuta n’ibindi bikoresho by’ibanze byamaze guhabwa imiryango yaburiye ababo mu biza byibasiye ibice by’u Rwanda byiganjemo Uburengerazuba, Amajyaruguru n’Amajyepfo by’u Rwanda. Ibyo biza...