Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ubushinwa Bwagiriye Amerika Inama Y’Uburyo Babana Amahoro
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Politiki

Ubushinwa Bwagiriye Amerika Inama Y’Uburyo Babana Amahoro

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 26 April 2024 12:56 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Perezida w’Ubushinwa Xi Jinping yabwiye Antony Blinken ko ibyiza ari uko ibihugu byombi byakorana mu bwuzuzanye aho guhangana.

Blinken ari mu Bushinwa mu ruzinduko rw’akazi mu rwego rwo kuganira ku cyakorwa ngo ubucuruzi hagati y’ibi bihugu bikize kurusha ibindi ku isi burindwe ihangana ridafututse.

Abahanga mu bukungu bw’isi muri iki gihe baremeza ko umubano hagati ya Washington na Beijing uhagaze neza ariko bakavuga ko buri ruhande ruri kugenda ku magi ngo hatagira idosiye yongera kuba imbarutso y’umwuka mubi.

Hagati aho ubundi bwoba buhari ni uko amatora y’Umukuru w’igihugu azaba mu mpera za 2024 yazatsindwa n’umuntu uzakoroga Ubushinwa.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Hari n’abavuga ko Donald Trump ariwe uhabwa amahirwe yo kuzatsinda ayo matora kuko Biden bamunenga ko ashaje kandi akaba atita ku bibazo Israel iri guteza muri Gaza.

Intambara iri muri Gaza yarakaje n’abanyeshuri benshi muri za Kaminuza zitandukanye z’Amerika ku buryo ishobora kuzatuma Biden hari amanota atakaza.

Uruzinduko rwa Blinken mu Bushinwa rubaye hasgize igihe gito Abadepite b’Amerika batoye ko urubuga nkoranyambaga rwa TikTok ruhagarikwa mu gihugu cyangwa rukemera kugurwa n’Abanyamerika.

Nyuma byaje kurakaza Ubushinwa kugeza ubwo busabye Amerika ko yirinda kurengera ngo irenge ibyo u Bushinwa bwise ‘imirongo itukura’.

Ifoto@BBC

- Advertisement -
TAGGED:featured
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Andikisha Indangarubuga Yawe Urinde Izina Ryawe Kuri Murandasi
Next Article Uwitwa Bihirabamwe Yibye $9000 Ntibyamuhira
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Intambara Y’Amagambo Hagati Ya Israel N’Ubwongereza

Frank Joe Mu Gahinda Ko Gupfusha Umugore We

Kabila Yambuwe Ubudahangarwa

RIB Yafunze Abanyamahanga Batatu

Gasabo: Hafashwe Abanigaga Abantu Bakabambura

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rutsiro:Indwara Ya Muryamo Iri Mu Ngurube Iraterwa N’Iki?

Nyarugenge: Imodoka Ya WASAC Yibwe

Nyagatare: Haravugwa Kotsa Burushete Z’Imbwa 

Hatangajwe Ifoto Yemewe Ya Papa Lewo XIV

BNR Mu Ngamba Zo Kurushaho Guteza Imbere Ikoranabuhanga Mu Kwishyurana

You Might Also Like

Mu RwandaUbutabera

Uwahoze Muri RDF Akurikiranyweho Ibyaha Byo Mu Mabuye y’Agaciro

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

UN N’u Rwanda Mu Bufatanye Bufite Agaciro Ka Miliyari $1

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Nduhungirehe Mu Nama Ihuza Afurika N’Uburayi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Hagiye Kongera Kwibukwa Imiryango Y’Abatutsi Yazimye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?