Polisi y’u Rwanda iherutse gufatira mu Karere ka Musanze umukobwa bivugwa ko yakoraga akazi ko mu rugo bivugwa ko yari yibye shebuja Frw 1, 544,000. Yari...
Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu Hon Jean Marie Vianney Gatabazi avuga ko muri rusange abayobozi badaha serivisi mbi abaturage ari yo ntego cyangwa umugambi. Aherutse kubivugira mu kiganiro...
Mu Kagari ka Ruyonza mu Murenge wa Ruramira mu Karere ka Kayonza hari abaturage bavuga ko gusangira ku muheha ari kimwe mu byaranze Abanyarwanda babigira umuco...
Mu Murenge wa Kanjongo mu Karere ka Nyamasheke hafatiwe Ibilo 247 by’urumogi rwari ruhishe mu mifuka y’amakara. Barusanze ruri mu mifuka yari iri mu modoka isanzwe...
Bosco Nyemazi uyobora Akarere ka Kayonza avuga ko burya iyo Imana ihaye umuntu ubuyobozi, hari icyo iba imutegerejeho. Ngo nta kindi kitari kuzana impinduka mu bo...