Mu ngendo barimo zo kwegereza serivisi abitaruye stations z’Urwego rw’ubugenzacyaha kubera ubunini bw’Imirenge yabo, abakozi b’uru Rwego baraye basabye abayobozi mu nzego z’ibanze ndetse n’abaturage mu...
Abatuye Akagari ka Kadaho Umurenge wa Cyabakamyi mu Karere ka Nyanza bavuga ko bakoresha amasaha atanu bajya ku rwego rw’ubugenzacyaha bubegereye kugira ngo barugezeho ibirego. Umwe...
Abaturage bo mu Murenge wa Kibirizi Akagari ka Mututu bishyiriyeho uburyo bazajya baganira ku bibazo birimo ibishingiye ku butaka bakabicyemura bitabaye ngombwa ko bajya mu nkiko....
Ishami rya Polisi y’u Rwanda rishinzwe kurwanya magendu rikorera muri Rulindo riherutse guta muri yombi umugabo wari ufite ibikoresho bipima COVID-19, bivugwa ko yari avanye za...
Mu Nteko rusange ya Sena y’u Rwanda yaraye iteranye, Abasenateri banzuye ko Minisitiri w’Intebe Dr Edouard Ngirente azaza kubasobanurira ingamba Leta yafashe ngo ibibazo basanze mu...