Nyuma y’uko Paul Rusesabagina arekuranywe n’abantu bagera kuri 20 bari barakatiranywe mu rubanza yaregwagamo, abari bararegeye indishyi barazihawe nk’uko amakuru dufite abyemeza. Paul Rusesabagina yari yarahamijwe...
Abasenateri bagize Komisiyo y’iterambere ry’Imari n’Ubukungu muri Sena y’u Rwanda babajije ubuyobozi bw’Ikigo gishinzwe isuku n’isukura, WASAC, impamvu hari ingano nini y’amazi gitunganya ipfa ubusa, busubiza...
Mu Murenge wa Munyaga mu Karere ka Rwamagana haraye havugwa inkuru y’abaturage 53 bajyanywe ku kigo nderabuzima cya Munyaga nyuma yo kunywa ubushera bukabazonga mu nda....
Abaturage bo mu Murenge wa Kigali mu Karere ka Nyarugenge baraye batashye ikigo nderabuzima gishya bubakiwe ku bufatanye bw’uyu Murenge n’ikigo kitwa Trinity Center for World...
Leta ya Florida mu zindi zigize Leta zunze ubumwe z’Amerika yatangaje ko indwara ya Malaria yatangiye kuba ikibazo kuko abaturage bayo bakomeje kuyandura. Malaria ni indwara...