Minisitiri w’Intebe Dr Edouard Ngirente yabwiye abakozi bo muri Minisiteri ayoboye n’ibindi bigo bya Leta biyihara Raporo bari baje mu muhango wo kwibuka abahoze ari abakozi...
Abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi bagasigara bonyine mu muryango bashinze itsinda bise Imena Family ryihaye intego yo kwibuka Abatutsi bazize Jenoside ariko batigeze bashyingurwa kuko bitazwi aho...
Amashusho ari gutambuka ku mbunga nkoranyambaga arerekana abasore bafite imihoro ityaye kandi mishya bari gusaka imodoka zitwaye abagenzi. Biributsa uko mu mwaka wa 1994 byari bimeze...
Mu Murenge wa Rutunga, Akarere ka Gasabo habereye kwibuka Abatutsi bajugunywe mu Kiyaga cya Muhazi muri Jenoside yabakorewe mu Rwanda mu mwaka wa 1994. Ibiyaga n’imigezi...
Abagize Umuryango w’abahoze ari abanyeshuri barokotse Jenoside yakorewe Abatutsi witwa GAERG baribuka imiryango y’Abatutsi bishwe muri Jenoside ntihagira n’umwe urokoka. Kuzimya imiryango y’Abatutsi muri Jenoside niwo...