Kubera ko ikoranabuhanga riri hose kandi ritanga amahirwe y’ubucuruzi, ubumenyi n’ibindi, ni ngombwa ko abifuza kuribyaza umusaruro bagira ahantu runaka bajya bacisha ibyo bakora cyangwa bazi....
Mu mwaka wa 2013, Banki y’Isi yatangaje ko 80% by’ubukungu bw’u Rwanda icyo gihe bwari bushingiye ku buhinzi, kandi ubu buhinzi bwari bufite 39% by’umusaruro mbumbe...
Kuri uyu wa Gatatu tariki 10, Werurwe, 2021 hari abasirikare b’u Rwanda basimbujwe bagenzi babo bari basanzwe baragiye kugarura amahoro muri Sudani y’Epfo ahitwa Malakal. Habayeho ...