Ubuyobozi bw’Akagari ka Kanazi mu Murenge wa Nyamata, Akarere ka Bugesera buvuga ko ibyo abasigajwe inyuma n’amateka bavuga ko by’uko ubukene bubarembeje, ari ugukabya. Bo bemeza...
Abasenateri baraye basabye ko hashyirwaho uburyo bwihariye bwo kwigisha Jenoside yakorewe Abatutsi mu mashuri yose. Basanga uburyo Jenoside yakorewe yakorewe Abatutsi yigishwa, bukwiye kuvugururwa. Abagize Komisiyo...
Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’inshingano mboneragihugu Dr. Jean Damascène Bizimana avuga ko iyo Abazungu bataza mu Rwanda, nta kibazo cy’amacakubiri yaganishije kuri Jenoside rwari kugira. Hari mu...
Abasigajwe inyuma n’amateka bo mu Mudugudu wa Rwufe mu Kagari ka Mujuga mu Murenge wa Kitabi mu Karere ka Nyamagabe basaba ubuyobozi kubaha aho kwigira gusoma...
Hashize igihe gito Minisitiri w’uburezi Dr. Valentine Uwamariya abwiye Taarifa ko hari abarimu bahitamo kutigisha amateka ya Jenoside yakorewe Abatutsi. Bamwe muri bo babwiye itangazamakuru ko...