Banki y’Isi yemeje inkunga ya miliyoni $100 (miliyari zisaga 100 Frw) zizafasha Guverinoma y’u Rwanda kwagura uburyo abantu bakoresha ikoranabuhanga muri serivisi za Leta no kongera...
Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bwatangaje ko mu gihe cya vuba hazatangira umushinga wo kuvugurura uduce tune tugaragara nk’akajagari, tugashyirwamo ibikorwa remezo ku buryo abahatuye bazashishikarizwa guhita...
Inama y’Ubutegetsi y’Ikigega Mpuzamahanga cy’Imari (IMF) yemeje ko ifitiye icyizere gihagije umuyobozi wacyo Kristalina Georgieva, ushinjwa ko yagize uruhare mu guhindura amanota yasohokaga muri raporo igaragaza...
Banki y’Isi yatangaje ko yahagaritse raporo imenyerewe nka ‘Doing Business Report’ yasohokaga buri mwaka, igaragaza uko ibihugu birushanwa mu koroshya ubucuruzi. Ni icyemezo cyafashwe nyuma y’ibibazo...
Raporo nshya ya Banki y’Isi yagaragaje ko u Rwanda rukeneye kongera uruhare rw’ishoramari ry’abikorera nk’uburyo burambye bwatuma haboneka amafaranga akenewe mu mishinga y’ibikorwa remezo. Iyo raporo...