Madamu Patricia Scotland usanzwe ari Umunyamabanga uhoraho mu Muryango w’ibihugu bikoresha Icyongereza Patricia Scotland ari mu Rwanda mu ruzinduko yabonaniyemo na Perezida Paul Kagame. Ku rukuta ...
Mu gihe u Rwanda rwifatanyije n’ibindi bihugu kwizihiza Umunsi wahariwe Commonwealth, kumenya imiterere y’uyu muryango ni ngombwa. Ni umuryango ugizwe n’ibihugu 54 birimo ibikomeye muri politiki...
Kuri uyu Kabiri mu masaha ya nyuma ya saa sita nibwo inkoni y’Umwamikazi w’u Bwongereza Elisabeth II yageze mu Rwanda. Yaje mu ndege ya RwandAir. Nyuma...
Ambasaderi w’u Bwongereza mu Rwanda Hon Omar Daair yatangaje ko inkoni y’Umwamikazi w’u Bwongereza igaragaza umurunga uhuza ibihugu bigize Umuryango mugari wa Commonwealth. Daair yavuze ko...
Guverinoma ya Kenya yemeje Amb. Dr. Monica Juma nk’umukandida ku mwanya w’Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’ibihugu bikoresha Icyongereza (Commonwealth), ushaka gusimbura Patricia Scotland ukomoka muri Dominica. Amatora...