Indwara ihangayikishije isi Abanyarwanda bise ubushita bw’inkende(Monkeypox) iravugwa muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo ahitwa Maï-Ndombe. Inzego z’aho z’ubuzima zivuga ko abantu 114 ari bob amaze...
Perezida Kagame yavuze ko kuba Repubulika ya Demukarasi ya Congo idashaka ko hari ingabo z’u Rwanda zizajya mu mutwe w’ingabo za EAC uzategurirwa kujya gucyemura umutekano...
Abagize Akanama k’Umuryango w’Abibumbye gashinzwe amahoro ku isi, bavuguruye ibihano byafatiwe Repubulika ya Demukarasi ya Congo harimo n’uko itemerewe kugira uwo iguraho intwaro. Ni icyemezo cyafashwe...
Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda Madamu Yolande Makolo avuga ko kuba Umuryango w’Abibumbye utaragira icyo uvuga ku bushotoranyi bwa Repubulika ya Demukarasi ya Congo ari ikintu...
Isesengura rya Christophe Rigaud, umwanditsi mukuru w’ikinyamakuru Afrikarabia, rivuga ko ibimaze iminsi bibera mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demukarasi ya Congo byerekana ko ibyo Perezida Tshisekedi...