Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku buzima, WHO, ryatangaje ko ryahaye u Rwanda amacupa 225 akoreshwa mu guha abarwayi umwuka wa “oxygen”, azifashishwa cyane mu kwita ku...
Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko abantu bahawe urukingo rwa mbere rwa Astrazeneca bagejeje igihe cyo guhabwa urwa kabiri ntiruboneke, bagiye guhabwa urwa Pfizer nk’uburyo bwemejwe ko butanga...
Imibare y’Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuzima (RBC) igaragaza ko guma mu rugo yasize umubare w’ubwandu bushya n’abajyanwa mu bitaro kubera COVID-19 ugabanyutse mu Mujyi wa Kigali, ikibazo gisa...
Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuzima (RBC) cyatangaje ko igiciro cyo kwipimisha Covid-19 hakoreshejwe igipimo gitanga ibisubizo mu buryo bwihuse kigiye kujya cyishyurwa 5000 Frw, mu gihe gisanzwe ku...
Umuyobozi w’Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuzima (RBC) Dr. Nsanzimana Sabin yavuze ko hari abantu barimo gukoresha uruvangitirane rw’ibyatsi bavuga ko barimo kwirinda cyangwa kwivura COVID-19, ibintu ngo bishobora...