Umugabo wahoze muri Banki ya Equity ishami ry’u Rwanda ashinzwe ibikorwa by’ubucuruzi witwa Jean Claude Gaga ubu ari muri Airtel-Rwanda aho inshingano ye ya mbere ari...
Igitutu kiri kuri Banki z’ubucuruzi mu Rwanda giterwa n’uko hari izindi Banki zo mu mahanga ziri gushora imari mu Rwanda bigatuma izo mu Rwanda zigomba gukora...
Umwanzuro w’Urukiko rwisumbuye rwa Gasabo uvuga ko abantu 22 bahamijwe ibyaha birimo kwiba Banki y’Abanya Kenya ikorera mu Rwanda yitwa Equity bagomba gufungwa imyaka umunani buri...
Jean Claude Gaga ushinzwe ubucuruzi muri Banki ya Equity yavuze ko kuba bararebye kure bagakoresha ikoranabuhanga mbere, byatumye COVID-19 itabagiraho ingaruka kuko ngo abantu bakomeje kubona...
Guhera kuri uyu wa 30 Ukuboza, 2020 ,Ubuyobozi bukuru bw’Ikigo cy’ubucuruzi Equity Group bwamurikiye abanyamuryango bayo ibirango bishya byerekana ko bwaguye akazi bukaba bugiye kongera serivisi...