Nyuma y’amagambo akomeretsa yakorewe umusifuzi mpuzamahanga w’Umunyarwandakazi witwa Rhadia Salma Mukansanga mu mpera z’icyumweru cyarangiye Taliki 22, Mutarama, 2023, FERWAFA yatangije iperereza kuri iki kibazo. Byabaye...
Mu gitondo cya kare kuri uyu wa Kabiri taliki 24, Mutarama, 2023, umugororwa witwa Jean Damascène Ntawukuriryayo wari warakatiwe gufungwa burundu kubera ubwicanyi yatorotse ‘igororero’ rya...
Col Sérge Mavinga yaguye muri gereza ya Ndolo aho yari amaze amezi make afungiwe kubera ibyo yari akurikiranyweho birimo igikomeye cyo ‘gukorana n’umwanzi’. Umwanditsi mukuru w’ikinyamakuru...
Mu Murenge wa Kigabiro mu Karere ka Rwamagana hari abacuruzi bavuga ko bagura n’abanyerondo ibikoresho cyangwa imyaka runaka ku giciro gito bibwira ko ari ibyabo nyamara...
Intumwa ya Papa Francis muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo yitwa Mgr Ettore Balestrero yavuze ko ubutumwa Papa Francis azazanira abatuye iki gihugu mu mpera za...