Ba Guverineri b’Intara za Kirundo, Kayanza na Bururi baje mu Rwanda kuganira na bagenzi babo bayobora Intara y’Amajyepfo n’iy’Uburasirazuba ku ngingo y’uburyo impunzi z’Abarundi zashishikarizwa gutaha...
Bisa n’aho byabaye korosora uwabyukaga ubwo Abanyarwanda bategekwaga kujya bishyura bakoresheje telefoni n’ubundi buryo bw’ikoranabuhanga hirindwa gukwirakwiza COVID-19. Ku ikubitiro benshi ntibabyumvaga ariko ubu( hafi nyuma...
Mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatanu i Nyanza mu Rukari harabera igitaramo cy’inkera y’Umuganura. Ni igitaramo Abanyarwanda bari bwibukiranyeho uko kera bataramaga, uko inyambo zamurikirwaga...
Ku ruzi rwa Nyabarongo ku mwaro ukora ku Karere ka Gakenke hagiye kubakwa urugomero ruzatanga amashanyarazi menshi azafasha n’aka Karere kubona menshi kuko ari ko gafite...
Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko Akarere ka mbere kagaragaramo ibyaha birimo gusambanya abana no gukoresha ibiyobyabwenge ari Gasabo. Gasabo niko Karere konyine kari ku rutonde...