Abashinzwe uburenganzira bwa muntu bavuga ko bibabaje kuba umubare w’abagororerwa mu magereza y’u Rwanda uri hejuru cyane. Si bo gusa babivuga kuko n’abandi bakurikirana uko ubutabera...
Taarifa yabajije Komiseri mukuru w’Urwego rw’imfungwa n’abagororwa CG Juvénal Marizamunda icyo avuga ko by’uko muri gereza hari ingengabitekerezo ya Jenoside nyinshi nk’uko Dr Pierre Damien Habumuremyi...
Dr Pierre Damien Habumuremyi yahishuye ko muri gereza zo mu Rwanda harimo ikibazo gikomeye cy’ingengabitekerezo ya Jenoside, ku buryo inzego zikwiye gushyira imbaraga mu kuyihashya, aho...