Minisiteri y’uburezi, iy’uburinganire n’iterambere ry’umuryango, UNICEF n’ikigo gishinzwe kurengera abana batangije uburyo bukomatanyije bwo guhuriza hamwe amakuru ku bana bityo no kubitaho bikazakorwa muri ubwo buryo....
Abenshi mu basomyi ba Taarifa bazi inshuro imwe cyangwa nyinshi aho bitabiriye inama umuntu agatanga igitekerezo(cyiza) ariko kikaza kurambirana. Ibi biterwa no kwizimba mu magambo. Kwizimba...
Perezida Paul Kagame yabwiye abanyeshuri biga mu ishuri ry’imari rya Kaminuza ya Harvard ko burya umugabo ari ukubitwa hasi n’ibibazo ariko ntiyemere kuhahera. Yari yakiriye itsinda...
Mu Karere ka Gisagara hari abagabo batangiye kugana inzu z’ubujyanama mu by’umubano n’iby’ubuzima bwo mu mutwe ngo bagirwe inama z’uko bakwitwara ku bagore babo babajujubije. Mu...
Ubwo yaganirara n’abagize Urubuga Ngishwanama rw’Inararibonye z’u Rwanda, Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu Jean Marie Vianney Gatabazi yavuze ko mu gufasha umuturage gutera imbere, Leta yashyizeho n’uburyo bwo...