Umuhanga mu bukungu akaba na Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda Dr. Edouard Ngirente avuga ko kuba hari ibihugu byahoze bikennye nyuma bikaza gukira ari ikimenyetso ko n’ibikennye...
Perezida Paul Kagame yahagaritse Dr Nsanzimana Sabin wari umaze imyaka isaga ibiri ayobora Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima (RBC), kubera ibyo agomba kubazwa akurikiranyweho. Itangazo ryashyizweho umukono...
Mu nama yateguwe n’Umuryango mpuzamahanga w’ubucuruzi yabaye kuri uyu wa Mbere tariki 21, Kamena, havugiwemo ko u Rwanda, Senegal, Afurika y’Epfo na Nigeria ari byo bihugu...
Abantu muri rusange bibwira ko ari bo bayobozi b’ibindi biremwa kandi ko bagomba kubikoresha uko bashaka mu nyungu zabo bwite. Ibi ariko siko bimeze kuko hari...