Umunyarwandakazi Merry Balikungeri yubatse ikigo nderabuzima i Gacuriro ahitwa mu Umucyo Estate kugira ngo abagore batuye hafi aho bajye babona aho bivuriza bitabasabye kujya mu Bitaro...
Ikigo cy’ubwishingizi, SONARWA Life Assurance Company Ltd, cyahawe umuyobozi mushya witwa Dianah Mukundwa. Asanzwe ari umuhanga mu micungire y’imari n’amabanki. Itangazo riha uyu mugore izi nshingano...
Amajyambere agira ikiguzi. Kubera ko ubuzima bw’Abanyarwanda muri rusange n’ubw’abatuye Umujyi wa Kigali by’umwihariko bwateye imbere, bamwe bagize amafaranga batangira kurya ibikize ku byubaka umubiri byinshi...
Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente yabwiye abitabiriye inama yahuje abakorera bo mu Rwanda n’abo mu Burayi ko inkunga ibihugu by’Uburayi byateye u Rwanda mu myaka yose...
Madamu Jeannette Kagame yabwiye abanyeshuri 87 barangije amasomo yabo muri Green Hills Academy ko batakiri abana bato bo kugira amahitamo adakwiye. Yabibukije ko bamaze gukura bihagije,...