Komisiyo y’ingengo y’imari n’umutungo by’igihugu mu Mutwe w’Abadepite kuri uyu wa Gatatu Taliki 11, Mutarama, 2023 yatangiye gusuzuma umushinga w’Itegeko rihindura itegeko no 026/2019 ryo kuwa...
Impera za Mutarama, 2023 nicyo gihe abafite imitungo itimukanwa bongerewe ngo bazabe barangije kuyisorera. Ubu umusoro w’inzu zo guturamo ugeze kuri 1% by’agaciro k’inzu ku isoko....
Pierre Celestin Rwabukumba utorewe kuyobora Ikigo Nyafurika cy’ibigo by’amasoko y’imigabane kitwa Africa Securities Exchange Association. Rwabukumba asanzwe ikigo nyarwanda cy’amasoko y’imigabane kitwa Rwanda Stock Exchange gikorera...
Mu rwego rwo gufasha Leta kugera ku ntego yihaye y’uko bitarenze mu mwaka wa 2024 buri rugo rw’u Rwanda ruzaba rufite amashanyarazi, abakora mu kigo kitwa...
Mark Zuckerberg washinze Facebook aherutse kubwira abashinzwe kugenzura abakozi mu kigo cya Meta( ari nacyo kiyoborerwamo Facebook) ko bidatinze hari abakozi 12, 0000 agiye kwirukana kubera...