Mu gihe kitageze ku mezi icumi ubukungu bw’isi butangiye kwijajara, abahanga mu by’ikirere batanze impuruza ko kigiye kongera gushyuha k’uburyo umwaka utaha uzarangira cyarasubiye ku bushyuhe...
Nicole Oliveira ni umukobwa w’imyaka umunani akaba ari umuhanga mu by’ubumenyi bw’Isanzure, Astronomy. Uyu mukobwa ubu akorana n’Ikigo cy’Abanyamerika kiga iby’isanzure, NASA, akaba yarashoboye kuvumbura ibitare(rockes)...
Hashize imyaka itatu abahanga bemeje ko nta kabuza ku mubumbe wa Mars hari amazi atemba. Si ibyo gusa bemeje ahubwo bemeje ko hari ibindi biyaga birenga...