Mu Karere ka Ngororero haravugwa inkuru y’umwarimu witwa Irené wiyahuye ntiyapfa kubera impamvu bivugwa ko zatewe n’ubwinshi bw’imyenda yafashe ngo akore ubukwe. Ubukwe bwe bwabaye taliki...
Mu Karere ka Rubavu haherutse gufatirwa umugabo wari ugiye gupakira ibipfunyika( amabalo) 15 by’imyenda ya caguwa mu modoka ngo ayijyane Kimisagara muri Nyarugenge. Yabonye afashwe ashaka...
Inzu y’imideli yitwa Moshions yatangaje ko umuntu wese ufite umwambaro wayo amaranye imyaka itatu kuzamura yawugarura ikawumugurira ubundi ukavugururwa. Abafite iyi myenda bashaka kuyigarura bagomba kuba...
Abacuruza imyenda mu buryo bwemewe n’amategeko bavuga ko babangamirwa n’abayinjiza iya caguwa kandi mu buryo bwa magendu. Kubangamirwa kwabo biterwa n’uko basora abandi bagakwepa imisoro bityo...
Mu buryo butunguranye, Perezida w’Afurika y’Epfo akaba ari nawe uyoboye Umuryango w’Afurika yunze ubumwe Cyril Matamela Ramaphosa yatangaje ko Inama yari buhuze Abayobozi bakuru bawo n’ab’Umuryango...