Ababyeyi bo mu Karere ka Rusizi borojwe inkoko bahabwa n’ibiribwa byazo kugira ngo zizaterere amagi ku gihe babone ayo bagaburira abana. Ikigo cy’igihugu gishinzwe imikurire y’abana...
Abantu biga ibinyabuzima n’abandi bajya bibaza icyabanje hagati y’inkoko n’igi. Babishingira ku ngingo y’uko inkoko itera igi, ariko nanone inkoko ikava mu isi yitwa umushwi. Uburyo...
Minisitiri w’Intebe Dr Edouard Ngirente avuga ko u Rwanda rwasanze ari ngombwa ko rutunganya imbuto rukenera kugira ngo rwirinde guhora rugura izo hanze yarwo kuko zaruhendaga....
Umuyobozi mu Kigo cy’Igihugu gishinzwe iterambere ry’ubuhinzi n’ubworozi ariko ushinzwe by’umwihariko ubworozi Dr Solange Uwituze avuga ko imibare yerekana ko mu mwaka wa 2050, Abanyarwanda bazaba...