Umwe mu myanzuro iherutse kuva mu nama yahuje ubuyobozi bw’Ikigega mpuzamahanga cy’imari, IMF, n’ubuyobozi bw’u Burundi ni uko iki gihugu kizahabwa miliyoni $ 261 azagifasha kuzahura...
Nyuma y’ikiganiro yagiranye n’Umunyamabanga ushinzwe umutekano mu Bwongereza witwa Suella Braverman, Minisitiri Dr. Vincent Biruta yabwiye itangazamakuru ko inyungu y’u Rwanda mu kwakira abimukira bava mu...
Inama y’Ubutegetsi y’Ikigega Mpuzamahanga cy’Imari, IMF, yemeye guha u Rwanda ‘inkunga’ ya Miliyoni $319. Ni amafaranga azarufasha muri gahunda rwihaye zo guhangana n’ingaruka z’imihindagurikire y’ikirere yatumye...
Ubumwe bw’u Burayi bwasohoye itangazo bwemera ko bugiye kurekura Miliyoni € 20 yo gufasha u Rwanda mu kazi ruri gukorera muri Mozambique ko kwirukana ibyihebe byari...
Bamwe mu baturage bafashijwe n’Umuryango utabara imbabare witwa Croix Rouge bavuga ko nyuma yo kugirwaho ingaruka n’icyorezo COVID-19, bakagobokwa n’uyu Muryango, bashima ko amafaranga bahawe yabafashije...