Ni ibyemezwa na bimwe mu binyamakuru bw’i Washington. Byemeza ko kuba hari amabanga Amerika yibwiraga ko ibitse neza ahantu hagerwa n’abantu mbarwa ariko bikarangira agiye ku...
Uyobora Ishami rishinzwe Afurika muri Minisiteri y’ububanyi n’amahanga ya Israel witwa Sharon Bar-Li yanditse mu gitabo cy’abasura urwibutso rwa Jenoside rwa Kigali ruri ku Gisozi ko...
Abakoresha urubuga nkoranyambaga rwa Twitter bagiye guhabwa uburyo bwo gukosora inyandiko(tweet) banditse nabi. Ni uburyo butari busanzwe buriho mu myaka 15 Twitter imaze ikora. Icyakora uwanditse...
Abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi n’abandi bakora mu nzego z’ubutabera mu Rwanda bavuga ko bikwiye ko inyandiko z’uko imanza zaburanishirijwe mu cyahoze ari Urukiko rw’Umuryango w’Abibumbye rwashyiriweho...
Inzego za Leta mu Bufaransa zatangaje ko zigiye gusohora inyandiko zerekana uruhare kiriya gihugu cyagize mu bwicanyi bamwe bavuga ko bwibasiye inyokomuntu bwabaye ubwo Algeria yashakaga...