Mu Buyapani haravugwa inkuru y’umusaza w’imyaka 81 y’amavuko wasunikiye umugore we bari bamarane imyaka 40 mu Nyanja bituma amira nkeri arapfa. Nawe yari umukecuru w’imyaka 79...
Abahanga bavuga ko niba hari ibihugu bikwiye guhemberwa guhangana no kwangirika kw’ibidukikije bitewe n’ibikoresho bya plastique, u Rwanda na Norway ari byo byagombye kubihererwa umudali. Ibi...
Kimwe mu biganiro bivuga ku mibereho n’amateka y’abantu kiri mu byakunzwe kurusha ibindi mu Rwanda ni ikitwa ‘Inyanja Twogamo’. Uwakise gutya yashakaga kwerekana ko ubuzima bw’abantu...
Mu rwego rwo kugendana n’amahame mpuzamahanga agenga kwita ku bidukikije, uruganda Inyange Industries rwakoze kandi rutangaza ku mugaragaro icupa ry’ikirahure rigenewe amazi. Ni icupa rishobora kunagurwa...
Nyuma yo guhuza amakuru yakusanyijwe n’abahanga bo muri Kaminuza yo muri California hagamijwe kureba uko inyanja zimerewe nyuma y’igihe isi yadutswemo icyorezo COVID, baje gusanga hari...