Imibare iherutse gutangazwa n’Ikigo cy’igihugu gishinzwe ibarurishamibare igaragaza ko 7% by’Abanyarwanda bose ari abanywi b’itabi bahoraho. Abatuye Intara y’Amajyepfo nibo barinywa kenshi kurusha ahandi. Ubushakashatsi bwerekana...
Inteko Rusange y’Abadepite yemeje ko Minisitiri w’Ubuzima Dr. Ngamije Daniel azayigaragariza ingamba zijyanye n’ikoreshwa ry’itabi mu gihugu, by’umwihariko uburyo bwo kumenya ibipimo bigize itabi ry’igikamba. Ni...
Kubana n’umunywi w’itabi byongerera utarinywa ibyago bingana na 51% byo kurwara cancer yo mu kanwa. Icyari gisanzwe kizwi ni uko byateraga cancer y’ibihaha utarinwa. N’ubwo umuntu...
Ubwo yagiraga icyo avuga ko gikorwa cyo gushaka no gufata ibiribwa n’ibinyobwa bitujuje ubuziranenge, Commissioner of Police( CP) John Bosco Kabera yavuze ko biriya bicuruzwa bisanze...
Abahanga mu miterere n’imikorere y’umubiri bavuga ko cancer ziterwa n’uko imikorere y’uturemangingo fatizo ihindura uko yakoraga, igatangira gukora mu buryo budasanzwe, urugingo bibereyemo rukarwara. Biterwa akenshi...