Abashinwa batuye muri imwe mu mijyi minini bugarijwe n’ubushyuhe bwinshi ndetse buza kurenga 40°C. Imijyi yibasiwe n’ubu bushyuhe ni Umurwa mukuru Beijing,Hebei na Henan. Ikigo cy’Ubushinwa...
Inama y’Ubutegetsi y’Ikigega Mpuzamahanga cy’Imari, IMF, yemeye guha u Rwanda ‘inkunga’ ya Miliyoni $319. Ni amafaranga azarufasha muri gahunda rwihaye zo guhangana n’ingaruka z’imihindagurikire y’ikirere yatumye...
Minisitiri w’ibikorwaremezo Bwana Ernest Nsabimana avuga ko muri iki gihe isi yugarijwe n’ingaruka zikomoka k’ugushyuha kw’ikirere, ni ngombwa ko ibihugu bitangira gukoresha ingufu zisubira harimo n’izikomoka...
Akamaro k’izuba si ukumurikira abatuye isi gusa no gutuma imyaka year binyuze mu byo bita photosynthis ahubwo abantu basanze imirasire yaryo ishobora kubyazwa amashanyarazi. U Rwanda...
Mu rwego rwo gufasha Leta kugera ku ntego yihaye y’uko bitarenze mu mwaka wa 2024 buri rugo rw’u Rwanda ruzaba rufite amashanyarazi, abakora mu kigo kitwa...