Mu Biro by’Umurenge wa Kanzenze mu Karere ka Rubavu hamaze igihe hari imibiri 12 iri mu bubiko bw’uyu Murenge. Umunyamabanga Nshingwabikorwa wawo witwa Faustin Nkurunziza yabwiye...
Ikigo cy’ubucuruzi bw’amazi asukuye JIBU, ishami ry’u Rwanda, cyishimiye uko imikoranire yacyo na Marine FC yagenze muri shampiyona ishize. Si Marine FC , iki kigo cyakoranye...
Mu Karere ka Nyamagabe hari itsinda ry’abakoze Jenoside yakorewe Abatutsi bakatiwe barangiza ibihano bihuje n’abayirokotse bayoboka icyo bise ‘Mvura Nkuvure’ kugira ngo baganire uko bafatanya kwiteza...
Nyuma yo gufatirwa mu ifamu yo muri Afurika y’Epfo aho avuga ko yari amaze igihe ashinzwe umutekano, Fulgence Kayishema yabwiye abamushakishaga ko n’ubwo yari yababwiye ko...
Daniel Donskoy ni Umuyahudi wo muri Israel ariko ukomoka mu babyeyi b’Abayahudi bakuriye mu bihugu bitandukanye; Uburusiya n’Ubudage. Aherutse guhabwa ikiraka cyo gukina filimi ari Umunazi....