Mu kigo gisuzuma imiterere y’ibinyabiziga giherereye i Remera mu Karere ka Gasabo hafatiwe uwitwa Minani Samuel ufite imyaka 39 wari ufite uruhushya rwa burundu rwo gutwara...
Umugabo witwa Niyonsaba w’imyaka 44 yatawe muri yombi na Polisi y’u Rwanda nyuma yo guha umupolisi ruswa ya Frw 70,000 ngo atamukurikirana kuko yagurishije imbaho ntazitangire...
Ubuyobozi bwa Polisi y’u Rwanda bwerekanye abantu batandatu barimo abapolisi bane bakurikiranyweho kwaka no kwakira amafaranga y’abakandida bashakaga uruhushya rwo gutwara ibinyabiziga batigeze bakorera. Ku cyicaro...
Icyaduka mu Rwanda bamwe bayivumiraga ku gahera bavuga ko ari icyuma cyazanywe no gucisha abantu amafaranga. Ndetse hari n’ubwo na Perezida Kagame yakigarutseho avuga ko kuba...
Ubuyobozi bukuru bwa Polisi y’u Rwanda bwatangaje ko hirya no hino mu gihugu hafunguwe ahantu 16 abashaka gukorera uruhushya rwo gutwara ibinyabiziga bazajya babikorera. Ntibazongera gutegereza...