Hari abantu bane Polisi y’u Rwanda yataye muri yombi ibakurikiranyeho ubujura bakoreye abashyitsi bari bakiriwe muri Kigali Convention Center no muri Kigali Marriot. Abo bantu bafatanywe...
Ubuyobozi bw’Ikigo cy’u Rwanda gishinzwe isuku n’Isukura, WASAC, bwatangaje ko guhera Taliki 10 kugeza Taliki 12 henshi mu Mujyi wa Kigali hagiye kubura amazi. Muri icyo...
Mu rwego rwo kwagura Stade Amahoro no gutunganya aho iherereye, hari gahunda y’uko inyubako isanzwe ikoreramo ikicaro cya Polisi mu Mujyi wa Kigali ( Central region)...
Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali Pudence Rubingisa avuga ko ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali buteganya kuzajya bwunganira abaturage bagiye kwiyubakira umuhanda muri karitsiye yabo. Ni mu kiganiro yahaye...
Ikigo cy’igihugu gishinzwe isuku n’isukura cyatangaje ko kubera ibura ry’amashanyarazi ku ruganda rutunganya amazi rwa Nzove, biteganyijwe ko ibice hafi ya byose by’Umujyi wa Kigali bizabura...