Abaturage baherutse kwimurwa ahitwa Kangondo na Kibiraro bakajya gutuzwa mu Busanza bwa Kanombe bakoze umuganda muri uyu mudugudu. Nyuma yawo bitabiriye amatora y’Abunzi nk’uko byakozwe n’ahandi....
Amakuru Taarifa ifite aremeza ko imyiteguro yo kwikira Perezida Paul Kagame mu Ntara y’i Burasirazuba irimbanyije. Izaba ari Intara y’u Rwanda ya gatatu asuye kuko yabanjiriye...
Hafi yo kwa Rubangura mu Mujyi wa Kigali hari kubakwa inzu ndende igeretse inshuro 19 izaba ari iya mbere mu kurengerera ibidukikije izaba yubatswe mu Rwanda...
Umukuru w’Umudugudu wa Kigoma, Akagari ka Kigoma, Umurenge wa Jarama mu Karere ka Ngoma witwa Faith Mukantazinda avuga ko mu Mudugudu we hari abana bahura n’ihohoterwa...
Mu minsi micye ishize aborozi bari bamaze iminsi batakira itangazamakuru ko igiciro cy’amata cyazamutseho hafi Frw 200 kuri Litiro imwe. Basabaga inzego zibishinzwe kureba uko hashyirwaho...