Abakora mu rwego rw’igihugu rushinzwe guteza imbere amashyamba bavuga ko ubwinshi bw’imodoka zo muri Kigali bugira uruhare mu kuzamuka kw’ibyuka bishyushya ikirere cy’u Rwanda. Bavuga ko...
Bamwe mu batuye Akagari ka Musezero, ahitwa Beretwari mu Murenge wa Gisozi mu Karere ka Gasabo bavuga ko hari uruganda ruri hafi aho rubasakuriza, ariko abandi...
Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bwatangaje kugeza ubu hari inzu 27,000 zugarijwe no kuba zasenywa n’ibiza kubera ko zubatswe mu manegeka. Ziherereye mu mirenge 35 igize uturere...
U Rwanda ni igihugu kidakora ku nyanja kandi kitagira amabuye y’agaciro menshi cyane nk’uko bimeze ahandi. Gifite imisozi, ibibaya n’ibisiza kandi aho hose hari inzuzi n’imigezi...
Impanuka yaraye ibereye i Rubavu yatumye Polisi ifata icyemezo cy’uko umuhanda Rubavu, Musanze ugana i Kigali uba ufunzwe. Byakozwe mu rwego rwo kugira ngo ikamyo yafunze...