Aho ari mu Nama mpuzamahanga yiga k’ukurinda ibidukikije iri kubera mu Misiri, Umukuru w’u Rwanda yaraye aganiriye na bagenzi be barimo Umaro Sissoco Embaló uyobora Guinea-Bissau,...
Ikigo cy’igihugu gishinzwe imisoro n’amahoro kiri ku rutonde rw’ibigo bya Leta biyihombya. Ibyo bigo uko ari WASAC, REG, UR, RRA n’Akarere ka Karongi, bimaze guhombya Leta...
Kuva Leta y’u Rwanda yatangaza ko ababyeyi b’ abana biga mu mashuri y’incuke n’abanza bazajya bishyura Frw 975 ku gihembwe kugira ngo babashe gufatira amafunguro ku...
Mu Rwanda hari kubera inama yahurije hamwe ibihugu bigize COMESA iri kwigira hamwe uko ibikoresho bitanga ingufu zisubira cyane cyane iziva ku mirasire y’izuba byahabwa ubuziranenge...
Umubyeyi witwa Munyazesa avuga ko kuba Minisiteri y’uburezi yatangaje ko uruhare rw’umubyeyi [rw’amafaranga] mu myigire y’umwana we ari ibyo kwishimira n’ubwo hari abazakomeza kugorwa no kubona...