Perezida Emmanuel Macron avuga ko muri iki gihe mu gihugu cye hari abantu benshi barangije kumva ko batandukanye n’abandi, ko ari bo bantu nyabo. Ibi, kuri...
Umunyapolitiki witwa Marine Le Pen yatangarije France Inter ko iyo yitegereje uko amatora ari kugenda, asanga hari ikizere cyo gutsinda. Anenga Emmanuel Macron ko afata Abafaransa...
Perezida Kagame yaraye avuze ko ibyo mugenzi we uyobora u Bufaransa yavuze ubwo yari mu Rwanda bidafite akamaro gusa ku byerekeye gusaba imbabazi, ahubwo bifite akamaro...
Ni imvugo abaturage b’u Bwongereza, u Bufarasansa, Amerika, Canada, U Buyapani… baraye babwiye abayobozi babo nyuma yo kubona amafoto barimo guhoberana nta gapfukamunwa, nta ntera bahanye…kandi...
Damien Tarel uherutse kwemera ko yakubise urushyi Emmanuel Macron yasabiwe n’ubushinjacyaha amezi 18 y’igifungo. Tarel aherutse kubwira urukiko ko atabitewe n’ubugome ariko ubushinjacyaha bukavuga ko yabikoze...